Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria akaba ari mu bakunzwe cyane mu Rwanda no kurwego mpuzamahanga, Ayodeji Ibrahim Balogun, uzwi cyane ku izina rya Wizkid, yateje...
Umuhanzi uzwiho kuvugisha ukuri no gukunda kuvugisha rubanda, Aaronix (Aaron Mukwaya), yatangaje ku mugaragaro ko atakwemera na gato kugirana umubano w’urukundo na mugenzi we...
Umuyobozi wa Sulubada High Skool Entertainment, Michael Mukwaya wamamaye ku izina rya Mikie Wine, yashimiye byimazeyo umugore we Pauline Kemigisha ku ruhare rukomeye yagize...
Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba (MC) wo muri Uganda, Sheilah Gashumba, yasubije abamushinja kwivanga mu rukundo rw’abandi bagore, agaragaza ko nta kintu na kimwe cyazamubuza kwakira...
Nyampinga w’u Rwanda wa 2020, Nishimwe Naomi, yahishuye ko anyuzwe byimazeyo n’umugabo we Michael Tesfay, agaragaza ko umwaka umwe bamaze basezeranye imbere y’amategeko wamubereye...