40.5 C
Africa
Donderdag, Februarie 5, 2026

Politike

spot_imgspot_img

RDC: Igisubizo cyazamuye urujijo mu baturage Leta yahaye Kiliziya Gatolika itumva ukuntu Perezida Tshisekedi yagwatirije ibirombe byose imyaka 99

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatanze igisubizo gikakaye ku magambo aherutse gutangazwa na Kiliziya Gatolika, aho yagaragaje impungenge ku masezerano ajyanye...

Walikale ikomeje kuba indiri y’Iterabwoba: Abaturage baratabaza AFC/M23 nyuma y’ibitero bikomeje bya FARDC, FDLR na Wazalendo

Teritwari ya Walikale, imwe mu zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje kugaragara nk’agace karimo umutekano muke...

Amarorerwa Akomeje Kuvugwa muri Kivu y’Epfo Arushaho Gushyira mu Kaga Ubuzima bw’Abasivili

Mu Ntara ya Kivu y’Epfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa amahano akomeje gukoma mu nkokora icyizere cy’abaturage bari basanzwe babayeho...

Uvira: AFC/M23 yihimuye kuri FARDC yaherukaga kurasa ubwato bayo bw’intambara ikanica abasirikare bayo.

Umutekano wakomeje kuzamba mu mujyi wa Uvira no mu bice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika...

Byateje Igihombo gikomeye mu bukungu bw’igihugu cye: Kera kabaye Perezida Ndayishimiye yahishuye igihe u Burundi buzafungura imipaka yabwo

Perezida w’Ububirundi, Evariste Ndayishimiye, yagaragaje impungenge zikomeye ku mutekano w’igihugu cye nyuma y’uko abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 binjiye mu Mujyi wa Uvira muri Repubulika Iharanira...

Ubutunzi bwa RDC mu Marembera: Kiliziya Gatolika ntiyumva ukuntu Tshisekedi yagwatirije ibirombe byose imyaka 99

Mu gihe Abakirisitu Gatolika bateraniye mu misa ibanziriza Noheli, i Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga, Umuyobozi w’Inama y’Abepisikopi Gatolika ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Amato y’intambara AFC/M23 yaherukaga kuzana ku rugamba yarashwe, abasirikare bari barimo bose bahasize ubuzima.

Ku wa Gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2025, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zakoze igitero gikomeye ku mutwe w’inyeshyamba wa AFC/M23,...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img