26.7 C
Africa
Woensdag, Mei 13, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Hazaba intambara ya gatatu y’isi – Minisitiri w’intebe Denys Shmyhal

Minisitiri w'intebe wa Ukraine yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko hazaba "intambara ya gatatu y'isi" niba Ukraine itsinzwe n'Uburusiya mu ntambara barimo kurwana, ashishikariza...

Amashusho y’umusirikare ufite ipeti ryo hejuru ari kumwe n’inkumi y’ikizungerezi bari gukora urukundo rwo mu buriri bari ku rugamba akomeje kuvugisha benshi

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gusakara amafoto y’umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, ufite ipeti rya “Sergent” asomana n’umukobwa wamusanze...

Abagore 9 barize ayo kwarika nyuma y’uko batawe muri yombi bazira gukomera umugore wa Perezida kubera impamvu itangaje

Mu minsi yashize ni bwo hasakaye amakuru ko abagore icyenda bo mu gihugu cya Zimbabwe, bafite hagati y’imyaka 19 na 49 batawe muri yombi...

Umuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro wagerageje guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda yitabye Imana ku myaka 82 y’ubukuru

Umuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro amenyekanye cyane mu bucuruzi bw’itabi n’imitungo itimukanwa akanakorana n’abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, abatera inkunga yapfuye ku myaka 82 y’ubukuru, amakuru...

Abapilisi babiri bari bari mu kazi bishwe nyuma yo kugwa mu gico cy’abajura babishe babanize nyuma yo kubaka imbunda bari bafite.

Nyuma y’igihe ubwicanyi bukomeje gufata umurego muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abapolisi babiri b’iki gihugu baraye biciwe mu i Goma, nyuma yo kugwa...

Perezida Tshisekedi wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero nyuma yo kumenya ibyo AFC/M23 yakoze yahise agaragara mu ruhame

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa n’uwaburiwe irengero, agaragara mu gihe...

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangiye ikiganiro cyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba na Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru, Patrick Muyaya, yatangije igikorwa cyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img