32.3 C
Africa
Donderdag, Februarie 5, 2026

Politike

spot_imgspot_img

“Turi muri Congo ariko bavuga ko twatahutse”: Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC baraburira ku mugambi mubisha w’ibyo Leta ishaka ko bakora

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi bukomeje gutangaza ku mugaragaro ko bwacyuye ingabo zabwo zari zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka imbere...

RDC Yanze Gusubira mu Biganiro by’Amahoro na AFC/M23: Impungenge ku Mutekano wa Kivu n’Ahazaza h’Akarere

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwongeye gushimangira ko butiteguye gusubira mu biganiro by’amahoro bibuhuza n’ihuriro AFC/M23, mu gihe umutekano mu Ntara...

Abarwanyi ba AFC/M23 batangiye gukoresha intwaro nshya idasanzwe ku rugamba yakanze FARDC n’abambari ba yo, imirwano irushaho gufata indi sura

Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...

Uzatwara asaga miliyari 12 z’amadolari: DRC igiye kubaka Umujyi mushya w’inganda ugaragaza impinduka zikomeye mu bukungu bw’igihugu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutanga ibimenyetso by’uko yifuza guhindura icyerekezo cy’ubukungu bwayo, ikava ku kwishingikiriza ku mutungo kamere gusa, ikinjira mu cyiciro...

RDC: Kuki Kwimurwa kwa Brig. Gen. John Tshibangu muri gereza gukomeje guteza impaka zikomeye ku butabera n’umutekano w’igihugu?

Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano, politiki n’imiyoborere y’inzego zayo z’igisirikare, kwimurwa kwa Brigadier General John Tshibangu muri...

Ibyihishe inyuma y’ituze ryagarutse i Uvira nyuma y’urufaya rw’amasasu yo ku wa mbere

Mu mujyi wa Uvira no mu bice biwukikije byo mu Ntara ya Kivu y’Epfo, kuri uyu wa kabiri tariki ya 23 Ukuboza 2025, hagarutse...

FARDC na Wazalendo bakubitiwe iz’akabwana mu bitero bagabye kuri AFC/M23, abaturage bongera guhunga ari benshi

Teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwisanga mu bihe bikomeye by’umutekano muke nyuma...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img