26.8 C
Africa
Maandag, Maart 23, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Perezida Ndayishimiye yatangiye kubona inyungu zikomeye cyane nyuma y’ifatwa rya Uvira n’ihuriro AFC/M23.

Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’ihuriro AFC/M23, ibikorwa by’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byafashe indi ntera, aho nubwo ingabo...

Cathédrale nshya ya Saint Michel: Kiliziya Gatolika yasabye abakirisitu n’abaturage bose gutanga inkunga yo kuyubaka mu 2026

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yatangaje ko mu mwaka wa 2026 izatangira ku mugaragaro imirimo yo kubaka Cathédrale nshya ya Saint Michel, izaba ari ingoro...

Asize Igihombo gikomeye: Lt. Col Patrice Manirakiza wari wakomerekeye ku rugamba ahanganye na AFC/M23 yapfuye

Lieutenant-Colonel Patrice Manirakiza, wari uyoboye Batayo ya 18 y’ingabo z’u Burundi zari zaroherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yapfuye kuri...

FARDC n’abambari bayo bakubiswe iz’akabwana na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho bayabangira ingata. Inyungu Amerika ibifitemo zamenyekanye.

Imirwano ikaze ihanganishije ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Ukuboza...

Biteye agahinda: Abantu Barenga 20 Biciwe mu Buryo bwa Kinyamaswa ku Mupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

 Umujyi wa Kasumbalesa, uherereye ku mupaka uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na Zambia, uri mu bihe bikomeye by’agahinda n’ubwoba nyuma y’aho hamenyekanye...

RDC: Imirwano idasanzwe hagati ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yajemo indege 3 z’intambara zirimo Ingabo z’Abanyaburayi bafite intwaro ziremereye. 

Mu gihe umutekano w’intara ya Kivu y’Amajyepfo ukomeje kuba ikibazo gikomeye, amakuru mashya aturuka muri teritwari ya Fizi aravuga ko mu gace ka Kwa...

“Umunsi nzaba ndi ku rugamba nta muntu uzemererwa guhunga”: Amagambo ya Gen. Eddy Kapend yatumye benshi bacika ururondogoro 

Mu minsi ishize, amagambo y’umuyobozi w’Akarere ka 22 ka Gisirikare k’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Général Eddy Kapend, yateje impaka zikomeye...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img