Ku wa Gatandatu tariki ya 10 Mutarama 2026, Umujyi wa Livingstone muri Zambiya wakiriye inama idasanzwe y’Abaminisitiri b’Ingabo b’ibihugu bigize Inama Mpuzamahanga ku Karere...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye ku mugaragaro Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kubera politiki ye ikakaye yo gukomanyiriza...
Perezida wa Angola, João Lourenço, yatumiye i Luanda abahagarariye umutwe wa AFC/M23, mu rwego rwo kugerageza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano muke byugarije Uburasirazuba...
Guhera ku wa 7 Ukuboza, abaturage bo mu turere twa Kibira na Ruhwa, bahuriye ku mupaka uhana imbibi n’u Rwanda, batangiye guhangayikishwa no kwiyongera...
Impunzi z’Abanye-Congo mu Burundi zikomeje guhangayika bikomeye, aho bamwe mu bahunze imirwano mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bari gutaha banyuze mu nzira zitemewe n’amategeko,...