Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo u Rwanda rushaka amahoro kandi rukomeje kuyaharanira, rukwiye no kwitegura mu gihe hagaragara ibindi...
Abagize Komite y’Ububanyi n’Amahanga ya Kongere y’Abadepite b’Amerika batangaje ubutumwa bukarishye bugenewe Leta y’u Rwanda, nyuma y’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington hagati ya Repubulika...
Ibihugu bikomeye ku Isi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, u Budage, u Bwongereza, u Buholandi, Suwede, u Busuwisi na Danemark,hamwe...
Mu minsi ya vuba hazaba ibiganiro bishya hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za AFC/M23, bikazabera i Doha muri Qatar,...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yashimiye Amasezerano y’Amahoro ya Washington nk’intambwe idasanzwe mu mateka ya dipolomasi y’Afurika,' avuga ko aya masezerano afungura amahirwe akomeye...