33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Suella Braverman yatangaje ko nta basaba ubuhungiro bazoherezwa mu Rwanda

Suella Braverman, wahoze ari Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu w'Ubwongereza, yavuze ko gahunda yo muri iki gihe ya Minisitiri w'intebe isobanuye ko nta basaba ubuhungiro bazashobora...

Bertrand Bisimwa yagize icyo yizeza abatutsi bari gukorerwa iyicarubozo muri Congo

Ibikorwa byo kwibasira Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi, bikomeje gukaza umurego mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bongeye...

Intambara iravuza ubuhuha hagati ya M23 na FARDC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, imirwano yakomeje hagati y’Umutwe wa M23 n’Ingabo za Leta ya Congo, FARDC, zifatanyije n’abarwanyi ba Wazalendo. Amasasu...

Amerika yasabye Kagame na Tshisekedi gukura abasirikare ku mupaka

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'Amerika Antony Blinken avuga ko yavuganye na Perezida w'u Rwanda na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku mwuka w'ubushyamirane...

Nyabihu :Umuturage arashimira Perezida Kagame wamukuye kuba mu mifuka ubu akaba atuye heza

Ntabanganyimana Beatrice n’abana be bane n’umugabo bari bamaze imyaka 20 baba mu nzu ikoze mu bice by’imifuka, ubu barashimira Perezida Kagame washyizeho ubuyobozi bwiza...

Felix Tshisekedi murugamba rwo gufata uRwanda

Mu Ukuboza 2022, Perezida wa Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Felix Tshisekedi yabwiye urubyiruko rwo mu gihugu cye ko agiye gukora ibishoboka byose...

Amerika yaburiye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kurasa ku mutwe wa M23.

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko ihangayikishijwe n’imirwano yubuye hagati ya M23 n’imitwe irwana...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img