25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Nyuma y’u Burundi, ikindi gihugu cya EAC kigiye kohereza muri RDC abasirikare ibihubi 12 badasanzwe bo guhangana na AFC/M23

Mu cyerekezo gishya cyo gukaza umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Guverinoma ya RDC yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye bwa...

RDC: Frank Diongo Yanenze Bikomeye Raporo ya Loni Inenga Igisirikare cy’u Rwanda, Ayishinja Gukomeza Intambara aho Gushaka Amahoro

Mu gihe Umuryango w’Abibumbye (Loni/UN) wasohoye raporo yateje impaka ku mutekano n’ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida w’ishyaka Mouvement Lumumbiste...

Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge, Ni Muntu Ki?

Mu cyemezo cyafashwe na Perezida w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Lieutenant-Colonel Mak Hazukay Mongba yagizwe Umuyobozi w’Itangazamakuru n’Itumanaho (SCIFA) ndetse akaba...

RDC: Urupfu rubabaje cyane rw’Umwarimu wa Kaminuza Warasiwe mu Rugo rwe rwazamuye umujinya wa benshi.

Umujyi wa Kinshasa wabuze urumuri rw’ubwenge ubwo rubanda rwamenyaga urupfu rwa Matthieu Abata Diabar Sona, umwarimu w’icyubahiro muri Kaminuza ya Kinshasa (UNIKIN), yishwe mu...

Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no kurwego mpuzamahanga agiye kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria akaba ari mu bakunzwe cyane mu Rwanda no kurwego mpuzamahanga, Ayodeji Ibrahim Balogun, uzwi cyane ku izina rya Wizkid, yateje...

Batotejwe kugeza bataye ubwenge: Uwahoze ari Minisitiri muri RDC arashinja inzego z’ubutasi gushimuta no gutoteza abana be bakiri bato

Mu gihe ikibazo cy’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu gikomeje kuba ingorabahizi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, uwahoze ari Minisitiri w’Uburenganzira bwa Muntu, Marie-Ange Mushobekwa,...

Ibimenyetso Bishya Bishimangira Imikoranire ya FDLR, FARDC n’Abacanshuro mu Ntambara ihanganyemo AFC/M23

Raporo nshya y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yashyizwe ahagaragara ku wa 30 Ukuboza 2025 yongeye gushyira ahabona ibimenyetso bikomeye by’imikoranire irambye hagati y’umutwe w’iterabwoba wa FDLR,...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img