37.3 C
Africa
Dinsdag, Mei 12, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Abaturage ba Goma barabogoza kubera ibya kinyamaswa bari gukorerwa na FARDC ifatanyije na SADC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi ndetse n’abacanshuro.

Abaturage ba Goma, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bahangayikishijwe n’impfu zikomeje kwiyongera umunsi ku wundi muri uwo mujyi ufatwa nk’umwe mu mijyi ikomeye muri...

Abasirikare ba FARDC bahishuye umubare wa bagenzi babo bahitanywe n’Ibisasu biremereye byatewe i Sake no mu nkengero zayo.

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere mu rugamba M23 ihanganyemo na FARDC n’abambari bayo, avuga ko Ibisasu biremereye byahitanye abantu benshi muri centre ya Sake,...

Ntegereje urupfu rwonyine ruzamvana muri aka kaga! Abarundi barabogoza kubera ibiri kubabaho bitandukanye n’ibyo Ndayishimiye akunze gutangaza.

Abaturage bo mu Mujyi wa Bujumbura, mu gihugu cy’u Burundi bavuga ko bugarijwe n’ubukene bukabije, bitandukanye n’ibyo Perezida Ndayishimiye amaze igihe atangaza nk’uko byatangajwe n’ijwi...

Amakuru mashya y’ibyabaye kuri Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ukekwaho ruswa y’umusatsi w’umukorano

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’Afurika y’Epfo, Nosiviwe Mapisa-Nqakula,  yatangaje ko yeguye ku mirimo ye mu gihe ari gukorwaho iperereza  ku byaha bya ruswa avugwaho ubwo yari...

Imirwano ikomeye hagati ya M23 na FARDC ifatanyije n’abambari bayo ramukiye mu tundi duce dushya

Imirwano ikomeye cyane hagati ya M23 na FARDC ifatanyije n’abambari bayo yongeye kuba mu duce dutandukanye two muri Kivu ya Ruguru muri Repubulika Iharanira...

FARDC na M23 bazindukiye mu mirwano ikomeye cyane, igisirikare cya Afurika y’Epfo kivuga ku makuru y’abasirikare bacyo bafashwe mpiri n’intare za Sarambwe. Agezweho

Imirwano yakomeje hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zishyigikiwe na wazalendo, Ingabo z’u Burundi, SADC, MONUSCO na FDLR mu rugamba bahanganyemo na...

Bikwiye guhagarara vuba na bwangu: Abaturage 10 b’Abasivili muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahitanywe n’igitero gikomeye cyane bagabweho

Igitero cy’abarwanyi b’umutwe wa Allied Democratic Forces (ADF) cyahitanye abasivili 10 ahitwa Mangodomu ni mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.  Ibi byatangajwe na...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img