22.1 C
Africa
Dinsdag, Mei 12, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Kimwe mu bihugu bya Afurika kirashinjwa gutoteza, gufunga no kwirukana Abanyamerika

Igihugu cya Zimbabwe kirashinjwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika gutoteza, gufunga no kwirukana Abanyamerika benshi bari bari muri icyo gihugu nk’abakozi batanga imfashanyo nyuma...

Hamenyekanye ahantu Perezida Tshisekedi wa RDC ari gushakira imbaraga zizamufasha gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda

Perezida Tshisekedi, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akomeje gushakisha imbaraga zizamufasha gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda, aho ari muri gahunda yo guhuriza hamwe abagize uruhare...

Amerika itewe ubwoba bwinshi cyane n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’u Burusiya buri kubyubakamo ibikorwaremezo bitandukanye.

Ku nshuro ya mbere Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika birimo kugwa mu maboko y’ubutegetsi bw’u Burusiya.  Ibi byatangajwe na General...

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC zumvise M23 igeze ku bindi birindiro bya FDLR zikizwa n’amaguru ziyabangira ingata zitarumva isasu rivuga?

Mu mirwano yabaye ku wa Gatanu, tariki ya 08 Werurwe 2024, isakiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, M23...

Ku ikubitiro 20 muri bo bahise bafatwa mpiri: Hamenyekanye abandi barwanyi batavuzwe bari gufasha FARDC n’abambari bayo kurwana na M23.

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba ruhanganishije M23 na FARDC ifatanyije n’abambari bayo, aravuga ko abarinzi ba Pariki ya virunga 20 n’aba...

Amakuru mashya y’ibyabaye ku itsinda ry’Abanyapolitiki bakomeye n’abaturage basanzwe muri RDC bashinjwa gukorana na M23.

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Inzego z’umutekano zafashe itsinda ry’abantu bagaragajwe nk’ ’“abagambanyi” kandi bakorana na M23 muri Kivu...

Ingabo za SADC zashyamiranye n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihita zikizwa n’amaguru

Amakuru aturuka ku mbuga y’urugamba mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko gufatwa kwa centre ya Nyanzale, byaviriyemo guhunga kw’ingabo za...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img