40.5 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Politike

spot_imgspot_img

CAN 2025: Lumumba, Umufana wa RDC Wahindutse Ikimenyabose cya Afurika Yasezerewe mu Marira mu gihe Algeria na Côte d’Ivoire Zakomeje Urugendo

Mu gihe Igikombe cya Afurika cya 2025 gikomeje kubera muri Maroc, irushanwa ntiryahaye abafana ibyishimo by’imikino myiza gusa, ahubwo ryanahinduye inkuru z’abantu ku giti...

RDC: Abaturage bariye karungu nyuma y’ihamagazwa ry’umusirikare wavuze ku bayobozi bakekwaho gufasha umutwe wa Mobondo

Mu bice bitandukanye by’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byibasiwe n’ibikorwa by’inyeshyamba za Mobondo, haravugwa umujinya n’impungenge bikomeje kwiyongera mu baturage nyuma y’ihamagazwa...

Bishwe bataranatangira akazi: Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe na Perezida Ndayishimiye muri RDC bahasize ubuzima bataranatangira inshingano zabo.

Amakuru akomeje guturuka mu nzego z’umutekano n’abantu bakurikirana bya hafi ibikorwa bya gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aragaragaza isura ikomeye kandi...

Ikamyo enye zuzuye amabuye y’agaciro ya Perezida Ndayishimiye zafashwe nyuma yo kugwa mu gico cyateguwe neza

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru mashya aturuka mu nzego zitandukanye z’umutekano agaragaza ko...

Ubutumwa bwa RDC kuri Venezuela muri Loni Bushobora Guhindura Umubano Wayo na Amerika mu Buryo Bukomeye

Mu gihe Isi yose ikiri mu rujijo n’impaka ku ifatwa ridasanzwe rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, n’ingabo zidasanzwe za Leta Zunze Ubumwe za...

“Abwirwa benshi, akumva bene yo”: Iby’Umugambi Wihishe Udasanzwe wo Gukura Perezida Ndayishimiye ku Butegetsi

Mu gihe u Burundi bugenda bwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027, umwuka wa politiki ukomeje kuba mubi mu ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD. Ibi...

RDC: Niba adashaka ibiganiro tuzabitegura adahari. Perezida Tshisekedi yashyiriweho umurono utukura

Ihuriro rya politiki Lamuka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ryiteguye gutegura ibiganiro by’abanyapolitiki n’abaturage bigamije gushakira umuti ikibazo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img