22.4 C
Africa
Maandag, Mei 11, 2026

Politike

spot_imgspot_img

M23 yahanuye drone ya 4 y’ingabo za Leta ya RDC mu mirwano yabereye hafi ya Sake na Kibumba

M23 yemeje amakuru ko yongeye guhanura indi drone y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC. Ibi byasohotse mu itangazo ryashyizweho...

Hamenyekanye amakuru mashya y’ibya Kinyamaswa Perezida Ndayishimiye ari gukorera Abasirikare b’u Burundi batinye kujya kurwana na M23.

Biravugwa ko Urwego rushinzwe ubutasi mu Burundi (SNR) rwatangiye kwica Imbonerakure n’abasirikare ba kiriya gihugu batinye bakanga kujya mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi ari mu mazi abira nyuma y’ibyo Abarundi batangiye kumukorera

Ishyirahamwe rigizwe n’abagore b’Aarundi ryitwa “Inamahoro,” ryatangaje ko rihangayikishijwe n’abasirikare b’iki gihugu boherezwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu mirwano idafitiye inyungu...

Ingabo za MONUSCO zigiye kwinjira mu rugamba rweruye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO, zigiye kwinjira mu mirwano M23 ihanganyemo...

MONUSCO irashinjwa guha ubufasha ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC mugihe M23 yamaze kwigarurira Localite ya Rwibiranga.

Ubuyobozi bwa M23 burashinja Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO gutera inkunga ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bitero bagabye...

M23 yigaruriye utundi duce twari mu maboko y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC yemeje ko yiteguye gusubira inyuma

Mu itangazo ryashyizweho umukono na Lawrence Kanyuka usanzwe ari umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, rivuga ko biteguye gusubira inyuma mu gihe cyose Guverinoma ya...

Nyuma yo gufata Nturo 1, Nturo 2 n’ibirindiro byamamaye by’ingenzi bakunda kwita Kwa Madimba, M23 yafashe umujyi wa Sake, FARDC n’abambari bayo bakwira imishwaro

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba ruhanganishije M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gifatanyije n’ihuriro ry’ingabo ziri kugifasha ku rugamba, aravuga ko M23...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img