28.2 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Habaye Imyigaragambyo karundura yamagana irahira rya Félix Tshisekedi warahiriye kuyobora RDC muri manda ya kabiri. Amafoto

Haravugwa imyigaragambyo karandura yamagana irahara rya perezida Félix Tshisekedi warahiriye kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri manda ya kabiri.  Kugeza ubu imyigaragambyo iracyarimo kuvugwa...

Hashyizweho amabwiriza mashya agenga abaturage bose baturiye ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23.

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23, bashyize hanze itangazo rimenyesha abaturage bose amabwiriza mashya agenga abaturiye ibice bigenzurwa n’inngabo za wo.  Mu itangazo rigufi bashyize hanze kuri...

Benshi ntabwo babyizeye! Ibyo Tshisekedi yijeje abaturage ubwo yarahiriraga kuyobora RDC hatarimo hatarimo ibice by’iki gihugu bigenzurwa n’umutwe wa M23.

Nyuma yo kurahirira kuyobora Congo hatarimo ibice by’iki gihugu bigenzurwa n’umutwe wa M23, mu ijambo rye,Tshisekedi yagarutse ku kibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba...

Félix Tshisekedi Tshilombo yarahiriye kuyobora RDC hatarimo ibice by’iki gihugu bigenzurwa n’umutwe wa M23. Amafoto

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda ya kabiri akesha amatora yabaye tariki ya 20...

Izindi ndege zageze i Goma! Hamenyekanye amakuru mashya y’ibiri kuba mu bitero bya SADC ifatanyije FARDC n’izindi nyeshyamba n’Abacancuro biri kugabwa kuri M23

Ibitero by’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC ifatanyije n’ihuriro ry’imitwe y’inyeshyamba, abacancuro hamwe na SADEC mu bice  bya Masisi bikomeje...

« Igihugu cyacu kiri mukaga » Kiliziya Gatolika muri RDC haribyo yasabye Perezida Felix Tshisekedi mbere yo kurahira

Mu gihe habura amasaha make ngo Perezida Felix Tshisekedi arahirire kuyobora Kongo, Abagize Inama y’Abepiskopi Gatolika y’igihugu cya Kongo (CENCO) bahamagariye abayobozi baherutse gutorwa...

Havutse bombori bombori mu ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi kubera ibyabaye mu matora

Ibintu ntibyifashe neza mu ishyaka UDPS rya Tshisekedi nyuma y’uko batavuga rumwe ku byavuye mu matora.  Uyu mwuka wo kutumvikana watangijwe n’umunyamabanga mukuru w’i Shyaka...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img