33.2 C
Africa
Donderdag, Desember 18, 2025

Breaking news:

AFC/M23 yafashe indi midugudu itatu nyuma y’imirwano ikaze, mu gihe urujijo rukomeje ku kuva muri Uvira

Mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje kuvugwa nk’inzira ishobora kugabanya amakimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku butaka ibintu biracyerekana indi shusho....

Ntimukangereranye n’utunyamanswa duto ntukubita ijanja – Bruce Melodie yongeye guteza urunturuntu ku mbuga nkoranyambaga

Mu mashusho y’indirimbo ye nshya yise “Munyakazi”, Bruce Melodie yongeye gushotora mugenzi we The Ben, ibintu byatumye habaho urunturuntu ku mbuga nkoranyambaga. Abakunzi b’umuziki...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Amakuru mashya: U Rwanda n’u Burundi mu biganiro byo guhosha umwuka mubi umaze imyaka.

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi wongeye kugarukwaho mu biganiro...

AFC/M23 yafashe indi midugudu itatu nyuma y’imirwano ikaze, mu gihe urujijo rukomeje ku kuva muri Uvira

Mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje kuvugwa nk’inzira ishobora kugabanya...

Sheilah Gashumba yibajije impamvu Polisi ya Uganda ihiga abari kuri TikTok aho guhiga abagizi ba nabi

  Sheilah Gashumba, umwe mu banyamideli n’abanyamakuru b’imyidagaduro bakunzwe cyane...

Other news

Latest Articles

Ngoma: Abaturage 568 basanganywe virusi itera Sida mu murenge umwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu bantu bakora uburaya usanga abarenga 36 mu bantu 100 bafite agakoko gatera SIDA, ibintu bisaba guhagurukirwa kugira...

Habonetse umuti utanga icyizere ku gukira indwara ya Alzheimer itera kwibagirwa

Sosiyete Eli Lilly yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko icyizere ku bushakashatsi bwari bumaze iminsi bukorerwa ku muti wayo wa Donanemab...

Ibidasanzwe kuri Syngenesophobia, indwara y’ubwoba bwo gutinya abo mu muryango wawe

Syngenesophobia ni indwara y’ubwoba itera umuntu gutinya abo mu muryango we buri uko ababonye cyangwa abatekerejeho, ibimutera kujya kure yabo ntiyifuze kubabona. Igitabo cyashyizwe hanze...

Abafite ibibazo byo mu mutwe bagiye kujya bafashirizwa ku Bigo Nderabuzima

Inzego z’ubuzima mu Rwanda zigaragaza ko nyuma ya COVID-19 ibibazo byo mu mutwe mu Banyarwanda byiyongereye cyane kubera ingaruka iki cyorezo cyagize ku baturage...
- Advertisement -

Shampiyona y’u Rwanda igeze ahakomeye! Ni nde uzategura undi?

Uwavuga ko ari umwaka w’imikino wihariye ugereranyije n’iy’abanje ntiyaba abeshye! Mu gihe hasigaye imikino itatu gusa ngo Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere igere ku musozo,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel