Mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje kuvugwa nk’inzira ishobora kugabanya amakimbirane yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku butaka ibintu biracyerekana indi shusho....
Mu mashusho y’indirimbo ye nshya yise “Munyakazi”, Bruce Melodie yongeye gushotora mugenzi we The Ben, ibintu byatumye habaho urunturuntu ku mbuga nkoranyambaga. Abakunzi b’umuziki...
Leta y’u Burundi yatangaje ko iteganya kwimura impunzi z’Abanye-Congo ziherutse guhungira muri iki gihugu, ziri gukurwa mu nkambi z’agateganyo no mu baturage...
Sosiyete Eli Lilly yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko icyizere ku bushakashatsi bwari bumaze iminsi bukorerwa ku muti wayo wa Donanemab...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zigaragaza ko nyuma ya COVID-19 ibibazo byo mu mutwe mu Banyarwanda byiyongereye cyane kubera ingaruka iki cyorezo cyagize ku baturage...