24.6 C
Africa
Saterdag, April 18, 2026

Breaking news:

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa 16...

Uko AFC/M23 yabashije kwagura ibirindiro byayo mu gihe gito mu burasirazuba bwa Congo

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwiyerekana nk’umwe mu mitwe ufite imbaraga zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho mu gihe gito ryabashije...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Imbere y’Inama y’Umutekano ya Loni, MSF yamaganye ihohoterwa rishingiye ku gitsina rifatwa nk’ibisanzwe mu Burasirazuba bwa RDC

Imbere y’Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye (Loni), ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza 2025, Umuryango wita ku buvuzi bwihutirwa, Médecins Sans Frontières (MSF), wagaragaje...

Inkuru Ibabaje: Bisi ya Trinity Ivuye i Kampala Ijya i Kigali Ikoze Impanuka Ikomeye Cyane Yahitanye Ubuzima Bwa Benshi

Haracyari agahinda n’akababaro kenshi mu miryango y’Abanyarwanda n’abandi bagenzi, nyuma y’impanuka ikomeye yakozwe na Bisi ya sosiyete itwara abagenzi ya Trinity, yavaga mu murwa...

Igihombo gikomeye cyane u Burundi bwagize nyuma y’ifatwa rya Uvira cyatumye bukangisha u Rwanda intambara yeruye

Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira n’ihuriro rya AFC/M23 ryabaye nk’inkuba ikubise u Burundi hagati mu nda. Si umutekano gusa wahungabanye, si icyubahiro cya gisirikare gusa...

Tshisekedi: “Nasanze FARDC ari igisirikare cyasenyutse, gifite abasirikare babayeho nabi”Aya magambo yongeye gukurura impaka

  Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, akomeje gutera impaka mu baturage n’abasesenguzi, nyuma yo gutangaza ko ubwo yafataga ubutegetsi yasanze...
- Advertisement -

Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Tshisekedi i Luanda

Ku Cyumweru tariki ya 14 Ukuboza 2025, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yagiriye uruzinduko rw’akazi i Luanda muri...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel