Senateri Modeste Bahati Lukwebo yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’igitutu cya politiki...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...
Umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda Bruce Melodie yongeye kugaragaza ko afite intego yo kwagura imbibi z’umuziki nyarwanda ku rwego mpuzamahanga, nyuma yo gusangiza...
Uyu munsi mu gitondo cyo ku wa 23 Gashyantare 2026, umupaka uhuza umujyi wa Uvira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Umujyi wa Bujumbura...
Ku Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, teritwari ya Masisi mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kuba isibaniro ry’imirwano ikomeye hagati...
Ku wa Kane, tariki ya 19 Gashyantare 2026, i Kinshasa habereye umuhango wo gushyikiriza dosiye y’amatora aheruka gutegurwa na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (CENI), ishyikirizwa...
Faustin Mparabanyi mu myaka ya za 1990, Abraham Ruhumuriza mu myaka ya 2000, na Valens Ndayisenga hagati muri za 2010. Aya mazina yabaye ikimenyetso...