33.9 C
Africa
Dinsdag, Maart 24, 2026

Breaking news:

RDC: Bahati Lukwebo Yeguye ku Visi Perezida wa Sena kubera Impaka za Manda ya Gatatu

Senateri Modeste Bahati Lukwebo yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’igitutu cya politiki...

Trump yavuze amagambo akomeye: “Kwica abayobozi ba Iran ni ishema rikomeye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Nyuma yo kwibuka General Makanika muri Australia, umunyamulenge yandikiye Perezida Trump ibaruwa y’igitaraganya yatunguye benshi ku mbuga nkoranyambaga

Nyuma y’igikorwa cyo kwibuka General Michel Rukunda, uzwi ku izina rya Makanika, cyabereye muri Australia, inkuru yateje impaka n’amarangamutima menshi ku mbuga nkoranyambaga yakurikiyeho,...

Uruzinduko rwa Komiseri wa EU i Goma_ Intambwe nshya mu kugeza inkunga ku basivile no gushakira amahoro Uburasirazuba bwa RDC

  Komiseri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi n’inkunga mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Hadja Lahbib, yagiriye uruzinduko mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu...

U Rwanda rwavuze impamvu rudashyigikiye ko Perezida Ndayishimiye aba umuhuza mu bibazo bya RDC

  Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko idashyigikiye ko Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, aba umuhuza mu bibazo byo mu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC),...

AFC/M23 yongeye gushinja FARDC n’imitwe iyifasha kwibasira abaturage ba Minembwe

  Ihuriro rya politiki n’igisirikare Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryasohoye itangazo ryihutirwa rivuga ko rifite impungenge zikomeye ku mutekano muke ukomeje gufata intera mu bice...
- Advertisement -

FARDC mu myiteguro y’ibitero bikomeye? Umugaba Mukuru wayo yagiriye uruzinduko rw’ibanga i Burundi

  Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Lt. Gen. Banza Jules Mwirambwe, ku wa Kane tariki ya 19 Gashyantare 2026 yagiriye...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel