27.7 C
Africa
Vrydag, Mei 15, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Amerika itewe ubwoba bwinshi cyane n’ibihugu by’Afrika biri gukururwa n’u Burusiya buri kubyubakamo ibikorwaremezo bitandukanye.

Ku nshuro ya mbere Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko zitewe ubwoba n’ibihugu by’Afrika birimo kugwa mu maboko y’ubutegetsi bw’u Burusiya.  Ibi byatangajwe na General...

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC zumvise M23 igeze ku bindi birindiro bya FDLR zikizwa n’amaguru ziyabangira ingata zitarumva isasu rivuga?

Mu mirwano yabaye ku wa Gatanu, tariki ya 08 Werurwe 2024, isakiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, M23...

Ku ikubitiro 20 muri bo bahise bafatwa mpiri: Hamenyekanye abandi barwanyi batavuzwe bari gufasha FARDC n’abambari bayo kurwana na M23.

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba ruhanganishije M23 na FARDC ifatanyije n’abambari bayo, aravuga ko abarinzi ba Pariki ya virunga 20 n’aba...

Amakuru mashya y’ibyabaye ku itsinda ry’Abanyapolitiki bakomeye n’abaturage basanzwe muri RDC bashinjwa gukorana na M23.

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Inzego z’umutekano zafashe itsinda ry’abantu bagaragajwe nk’ ’“abagambanyi” kandi bakorana na M23 muri Kivu...
- Advertisement -

Ingabo za SADC zashyamiranye n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihita zikizwa n’amaguru

Amakuru aturuka ku mbuga y’urugamba mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko gufatwa kwa centre ya Nyanzale, byaviriyemo guhunga kw’ingabo za...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel