Umutekano n’ubuzima bw’impunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu Burundi bikomeje kujya ahabi, mu gihe amakuru aturuka mu gace ka Gatumba, ku mupaka uhuza u Burundi na Repubulika...
Mu gihe hari icyizere gike cyari kimaze kugaragara ko intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Umuhanzi w’Umunyatanzaniya Jux yatangaje ko gushakana n’umugore we Priscilla byagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umwuga we w’umuziki no mu isura ye mu...
Igihugu cy’u Burundi, biciye mu ntumwa yacyo mu Muryango w’Abibumbye i New York, cyatangaje ko gishobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda mu gihe rukomeza...
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Ukuboza 2025, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zongeranye imbaraga n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo mu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi yasabye ubufasha bwihariye Amerika, harimo n’uko Abanyamerika bakwinjira mu bucukuzi...
Nyuma y’ifatwa rya Uvira mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hari amakuru yatangiye gukwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko AFC/M23 ishobora gutera u Burundi, ibintu byahise bitera impungenge mu baturage b’i Ruzizi, Bujumbura Rural n’utundi duce duhana imbibi na RDC.
Nubwo AFC/M23 yamaze kubihakana mu buryo bweruye, ibibazo bitandukanye biracyari kwibazwa na benshi: Ni iki cyakuruye ibi bihuha? Ese birashoboka? Ni uwuhe mwuka w’ubutwererane n’ubwoba uvugwa ku mpande zombi?
Iyi nkuru irasesengura impamvu zabyukije ibihuha, imiterere y’umutekano ku mpande zombi, ubufatanye mu ntambara hagati ya FARDC, FDLR...