28.4 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Breaking news:

Ubwumvikane buke muri Amerika bukomeje gufata indi ntera mu gihe Abademokarate batekereza ejo hazaza

  Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kunyura mu bihe bikomeye by’ubwumvikane buke bwa politiki, aho amakimbirane hagati y’amashyaka abiri akomeye—Abarepubulikani n’Abademokarate—agenda arushaho gukaza umurego, bigashyira...

Tshisekedi ategerejwe i Kananga gutangiza imishinga ikomeye y’iterambere

  Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ategerejwe kuri uyu wa Mbere i Kananga, umurwa mukuru w’Intara ya Kasaï Central, aho atangiza...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

DRC: Leta ya Perezida Félix yamaze guhagarika internet muri Uvira

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakupye internet mu mujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu...

Bobi Wine atangaje ikintu gikomeye agiye gukorera Perezida Museveni abaturage ba Uganda bakoma amashyi

­­­Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yatangaje ko atazajyana mu nkiko ngo avuguruze ibyavuye mu matora...

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Other news

Latest Articles

Menya byinshi kuri Bobi, imbwa yahawe igihembo nk’imbwa ikuze cyane ku isi

Bobi , ni imbwa ikomoka muri Porutugali ikaba yarahawe igihembo cy’imbwa ikuze cyane ku isi , ikaba iri kwizihiza isabukuru y'imyaka 31, ihabwa igihembo...

Nyakabanda :Umusore ukiri muto basanze yiyahuye

Kumunsi w’ejo tariki ya 14 Gicurasi , mu murenge wa Nyakabanda hagaragaye umurambo w’umusore ukiri muto bikekwa ko yiyahuye akoresheje umugozi . Nzabonimpa Pacifique w’imyaka...

Abaturage babonye akazi: Mu Karere ka Musanze hagiye gutangira guhingwa urumogi

Mu ishoramari rya miliyoni 1,6 z’amadolari ya Amerika ryanditswe n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, kuva muri Mutarama kugeza mu Ukuboza 2022, hagaragaramo iry’ibigo bitandatu bikomeye...

Dr.Rev.Rutayisire yasimbuwe ku buyobozi muri Angilikani

Rev Pst Dr. Antoine Rutayisire wari Umuyobozi wa Paruwasi ya Remera mu Itorero Angilikani, yasimbuwe ku mirimo ye na Pasiteri Karegesa Emmanuel. Umushumba wa Diyosezi...
- Advertisement -

Dr Bishop Rugagi Innocent agiye kwimika abashumba 5 nyuma yo kubona ko bari ku kigero gishyitse

Umushumba Mukuru w’Amatorero y’Abacunguwe , Dr Bishop Rugagi Innocent ateguye ibiroli bikomeye byo kwimika abashumba 5 nyuma yuko Imana yabagenzuye maze ikabemera nk’abakozi bayo...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel