21.9 C
Africa
Maandag, April 27, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ubutegetsi bwa Tshisekedi bwatunguranye bubeshya Abanye-Congo ikinyoma gikomeye cyane kuri Joseph Kabila yasimbuye.

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, yahunze iki gihugu, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’ishyaka UDPS riri ku butegetsi.  Augustin Kabuya...

Ukuri ku cyihishe inyuma y’Urupfu rwa Mukaruliza Monique wari umuyobozi ukomeye wo mu nzego zo hejuru z’u Rwanda.

Ambasaderi Mukaruliza Monique wabaye mu nzego zitandukanye nkuru z’igihugu, yitabye Imana azize uburwayi. Yaguye i Bruxelles mu Bubiligi aho yari amaze iminsi arwariye.  Umugabo we,...

Hadutse imirwano hagati y’ihuriro ry’ingabo zirwana na M23 bapfa Amabuye y’agaciro n’ibyo basahuye abaturage.

Imirwano ikomeye hagati ya Gen Kigingi wa PARECO na Gen Kagiri wa Nyatura NCDH/Abazungu yatumye abaturage barenga ibihumbi 2000 bahunga imirwano  Uduce twa Gasheberi gaherereye...

Burundi: Perezida Ndayishimiye n’umugore we bazirikanye inzira y’umusaraba ya Yezu. Amafoto

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye n’umuryango we, bifatanyije n’abakirisitu gatolika bo muri kiriya gihugu mu muhango wo kuzirikana ububabare bwa Yezu,kuwa Gatanu mutagatifu.  Perezida Ndayishimiye...
- Advertisement -

Igihano cyasabiwe Abosifiye 11 ba FARDC bashinjwa guhunga M23 cyagaragaje icyuho gikomeye kiri mu butabera bwa RDC

Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri RDC kuri uyu wa 29 Werurwe 2024 bwasabye urukiko rukuru rw’igisirikare gukatira igihano cy’urupfu abofisiye 11 bushinja ibyaha bifitanye isano...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel