35.4 C
Africa
Saterdag, Desember 20, 2025

Breaking news:

Amerika yashimye AFC/M23 inenga bikomeye ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Mu gihe ibiganiro by’amahoro bigamije gushakira umuti urambye intambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kubera i Doha muri...

“Igisamagwe ntigishiturwa na buri jwi” – The Ben atangaje impamvu y’ituze rye mbere yo gusohora ‘Indabo Zanjye’

  Umuhanzi nyarwanda Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yatangaje amagambo akomeye asobanura impamvu yamaze igihe acecetse mu muziki, adashyira hanze indirimbo nshya, ashimangira ko...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ndayishimiye anenga kutita ku bibazo bya RDC no kudakorera hamwe kw’amahanga mu miyoborere y’Afurika

  Umukuru w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yongeye kunenga uburyo amahanga akomeje kwirengagiza ikibazo cy’umutekano muke n’ibitero bikomeje kwibasira Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi yabivugiye...

Perezida Kagame yasobanuye ko u Rwanda rushaka amahoro ariko rwitegura no kurinda umutekano warwo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo u Rwanda rushaka amahoro kandi rukomeje kuyaharanira, rukwiye no kwitegura mu gihe hagaragara ibindi...

Lubero: Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye abasirikare babiri ba FARDC ibyaha by’ubwicanyi no gufata ku ngufu umwana

  Urukiko rwa gisirikare rwa Butembo rwahamije abasirikare babiri ba FARDC ibyaha bikomeye birimo kwica umukuru wabo ndetse no gufata ku ngufu umwana w’imyaka 14,...

Washington yohereje ubutumwa bukomeye ku Rwanda ku iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro na RDC

  Abagize Komite y’Ububanyi n’Amahanga ya Kongere y’Abadepite b’Amerika batangaje ubutumwa bukarishye bugenewe Leta y’u Rwanda, nyuma y’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington hagati ya Repubulika...
- Advertisement -

Yari yarahanishijwe igihano cy’ urupfu! Umujyanama wa Corneille Nangaa yarasiwe i Goma, AFC/M23 yatangiye iperereza

  Umwe mu bayobozi bakomeye ba AFC/M23, Magloire Paluku Kavunga, yarasiwe mu mujyi wa Goma mu ijoro ryo ku wa Gatatu n’abantu bataramenyekana, ahita ajyanwa...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel