35.4 C
Africa
Saterdag, Desember 20, 2025

Breaking news:

Amerika yashimye AFC/M23 inenga bikomeye ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Mu gihe ibiganiro by’amahoro bigamije gushakira umuti urambye intambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kubera i Doha muri...

“Igisamagwe ntigishiturwa na buri jwi” – The Ben atangaje impamvu y’ituze rye mbere yo gusohora ‘Indabo Zanjye’

  Umuhanzi nyarwanda Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yatangaje amagambo akomeye asobanura impamvu yamaze igihe acecetse mu muziki, adashyira hanze indirimbo nshya, ashimangira ko...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

U Rwanda rwahakanye ibyo kurasa RDC Nduhungirehe abaza impamvu abaturage bahungiye Bugarama

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yahakanye byeruye ibirego bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bivuga ko u Rwanda rwarashe ku butaka bwayo...

ADF yishe abantu bane harimo n’uruhinja rw’ amezi atatu

  Abaturage bo mu mudugudu wa Idohu, mu gace ka Bandavilemba, Chefferie ya Walese Vonkutu, Teritwari ya Irumu mu Ntara ya Ituri, bahangayikishijwe bikomeye n’iterabwoba...

Igitutu cy’Ibihugu bikomeye ku Isi byihanangirije M23 na RDF bisaba ko imirwano ihita ihagarara vuba na bwangu

  Ibihugu bikomeye ku Isi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, u Budage, u Bwongereza, u Buholandi, Suwede, u Busuwisi na Danemark,hamwe...

Minembwe twaraye tutasinziriye kubera ibyishimo_ Abanyamulenge bishimiye ifatwa ry’ Umujyi wa UVIRA wamaze kugera mu maboko ya M23

  Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho. Bavuga ko iki...
- Advertisement -

U Rwanda rurashinja RDC kudashyira mu bikorwa Amasezerano ya Washington

    U Rwanda rwatangaje ko rufite impungenge zikomeye ku bushake bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwo kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Washington, nyuma y’uko...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel