24.1 C
Africa
Woensdag, Maart 25, 2026

Breaking news:

RDC: Bahati Lukwebo Yeguye ku Visi Perezida wa Sena kubera Impaka za Manda ya Gatatu

Senateri Modeste Bahati Lukwebo yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’igitutu cya politiki...

Trump yavuze amagambo akomeye: “Kwica abayobozi ba Iran ni ishema rikomeye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

“Ubutumwa bwanyuma bwamennye umutima” – Wanja Nyarari asangiza isi amagambo yabwiwe mbere y’urupfu rwa ‘Mama’ we

Wanja Nyarari,ukora ku mbuga nkoranyambaga, yasangije abakunzi be inkuru ibabaje y’ubutumwa bwanditse yakiriye amasaha make mbere y’uko Nancy Wanjiku Wanja, umugore yamufataga nk’umubyeyi, yitaba...

Urugi rw’ikirahure rwagonze Rihanna i New York, abihindura urwenya bituma abakunzi be barushaho kumukunda

  Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi, Rihanna, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugongwa n’urugi rw’ikirahure , mu gihe yasohokaga muri hoteli ya Four...

Si amarira gusa: Karole Kasita yahawe imodoka ya Benz n’inzu nyuma yo gutandukana n’ umukunzi we

  Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda uri mu bagezweho mu njyana ya Dancehall, Karole Kasita, yatunguye benshi nyuma yo kuvuga ku itandukana rye ryabaye mu buryo budasanzwe, aho...

Kenya: Abantu 7 bapfiriye mu mpanuka ikomeye, abandi barakomereka – Icyo Polisi yatangaje

  Abantu barindwi bapfiriye mu mpanuka ikomeye yabereye i Kikopey ku muhanda wa Nairobi–Nakuru muri Kenya, mu gihe abandi benshi bakomerekeye muri iyo mpanuka yatewe...
- Advertisement -

Itorero ryo muri Amerika rikurikirwa n’abarenga miliyoni 87 kuri YouTube, abakirisitu bakagenda amasaha 15 bajya kurisengeramo

  Itorero 2819 Church riherereye mu mujyi wa Atlanta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rikomeje kuvugisha benshi kubera umubare munini w’abarikurikirana ku mbuga nkoranyambaga...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel