23 C
Africa
Donderdag, Maart 26, 2026

Breaking news:

Vera Sidika yahakanye ibihuha bimuhuza mu rukundo na Tipsy Gee

Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Vera Sidika, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana amuhuza mu rukundo n’umuhanzi mushya wa Gen Z uzwi nka Tipsy Gee. Aya...

Trump Asaba Ibihugu Bikomeye Gufasha Amerika Gufungura umuyoboro wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye ku isi gufasha Amerika mu gufungura umuyoboro wa Hormuz, inzira y’amazi ifite...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge, Ni Muntu Ki?

Mu cyemezo cyafashwe na Perezida w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Lieutenant-Colonel Mak Hazukay Mongba yagizwe Umuyobozi w’Itangazamakuru n’Itumanaho (SCIFA) ndetse akaba...

RDC: Urupfu rubabaje cyane rw’Umwarimu wa Kaminuza Warasiwe mu Rugo rwe rwazamuye umujinya wa benshi.

Umujyi wa Kinshasa wabuze urumuri rw’ubwenge ubwo rubanda rwamenyaga urupfu rwa Matthieu Abata Diabar Sona, umwarimu w’icyubahiro muri Kaminuza ya Kinshasa (UNIKIN), yishwe mu...

Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no kurwego mpuzamahanga agiye kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria akaba ari mu bakunzwe cyane mu Rwanda no kurwego mpuzamahanga, Ayodeji Ibrahim Balogun, uzwi cyane ku izina rya Wizkid, yateje...

Batotejwe kugeza bataye ubwenge: Uwahoze ari Minisitiri muri RDC arashinja inzego z’ubutasi gushimuta no gutoteza abana be bakiri bato

Mu gihe ikibazo cy’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu gikomeje kuba ingorabahizi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, uwahoze ari Minisitiri w’Uburenganzira bwa Muntu, Marie-Ange Mushobekwa,...
- Advertisement -

Ibimenyetso Bishya Bishimangira Imikoranire ya FDLR, FARDC n’Abacanshuro mu Ntambara ihanganyemo AFC/M23

Raporo nshya y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yashyizwe ahagaragara ku wa 30 Ukuboza 2025 yongeye gushyira ahabona ibimenyetso bikomeye by’imikoranire irambye hagati y’umutwe w’iterabwoba wa FDLR,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel