24.5 C
Africa
Maandag, April 20, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African Union, yatangaje ko igihe haboneka impamvu y’akazi cyangwa inshingano zimusaba kugirira urugendo i Kigali, nta cyamubuza...

Trump yavuze ko Iran iri gukora ibinyuranyije n’amasezerano ku muhora wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, arashinja Iran kudakurikiza ibyo impande zombi zari zumvikanyeho mu masezerano yo guhagarika imirwano. Yagaragaje ko...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Ese urupfu rwa Minisitiri Bugaga rufite aho ruhuriye na Leta y’u Burundi? Ibimenyetso bishya bikomeje guteza impaka

Urupfu rwa Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho w’u Burundi, Gabby Bugaga,...

Other news

Latest Articles

Yari yarahanishijwe igihano cy’ urupfu! Umujyanama wa Corneille Nangaa yarasiwe i Goma, AFC/M23 yatangiye iperereza

  Umwe mu bayobozi bakomeye ba AFC/M23, Magloire Paluku Kavunga, yarasiwe mu mujyi wa Goma mu ijoro ryo ku wa Gatatu n’abantu bataramenyekana, ahita ajyanwa...

U Rwanda rwahakanye ibyo kurasa RDC Nduhungirehe abaza impamvu abaturage bahungiye Bugarama

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yahakanye byeruye ibirego bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bivuga ko u Rwanda rwarashe ku butaka bwayo...

ADF yishe abantu bane harimo n’uruhinja rw’ amezi atatu

  Abaturage bo mu mudugudu wa Idohu, mu gace ka Bandavilemba, Chefferie ya Walese Vonkutu, Teritwari ya Irumu mu Ntara ya Ituri, bahangayikishijwe bikomeye n’iterabwoba...

Igitutu cy’Ibihugu bikomeye ku Isi byihanangirije M23 na RDF bisaba ko imirwano ihita ihagarara vuba na bwangu

  Ibihugu bikomeye ku Isi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, u Budage, u Bwongereza, u Buholandi, Suwede, u Busuwisi na Danemark,hamwe...
- Advertisement -

Minembwe twaraye tutasinziriye kubera ibyishimo_ Abanyamulenge bishimiye ifatwa ry’ Umujyi wa UVIRA wamaze kugera mu maboko ya M23

  Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho. Bavuga ko iki...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel