26.3 C
Africa
Donderdag, Maart 26, 2026

Breaking news:

Vera Sidika yahakanye ibihuha bimuhuza mu rukundo na Tipsy Gee

Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Vera Sidika, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana amuhuza mu rukundo n’umuhanzi mushya wa Gen Z uzwi nka Tipsy Gee. Aya...

Trump Asaba Ibihugu Bikomeye Gufasha Amerika Gufungura umuyoboro wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye ku isi gufasha Amerika mu gufungura umuyoboro wa Hormuz, inzira y’amazi ifite...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

“Nabaye Perezida ntazi neza icyo ngiye gukorera Abarundi”: Ijambo rya Perezida Ndayishimiye rikomeje gukurura impaka

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kwibutsa Abarundi n’abasesenguzi b’akarere uko yatangiye urugendo rwe rwo kuyobora igihugu, atangaza ko ubwo yatorerwaga kuyobora atari afite...

Bombori bombori hagati ya FARDC n’Ihuriro ry’ingabo bafatanya kurwanya AFC/M23-Twinrwaneho. Ubuyobozi bwaryo bwahishuye ibyo bapfa.

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwiryane ukomeye uragenda wigaragaza hagati y’imitwe ya Wazalendo,...

Kinshasa ihindutse igicumbi cy’ifungwa ry’abasirikare bakuru: Abandi ba-Jenerali 2 ba hafi ya Tshisekedi boherejwe muri gereza.

Mu mujyi wa Kinshasa, umwuka w’ubwoba n’ukutizera ukomeje kwiyongera mu nzego z’umutekano, nyuma y’uko abasirikare bakuru barimo General Franck Ntumba Buamunda na General Major...

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Dukuzumuremyi Eric wishwe arashwe n’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko yarashe uwitwa Dukuzumuremyi Eric, wari ukekwaho ibyaha by’ubujura no kwica umumotari, nyuma yo kugerageza gutoroka...
- Advertisement -

Pasiteri uri mu bakunzwe cyane mu gihugu yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kugwa igihumure ari gushaka guca agahigo ko guhobera igiti amasaha 80

Mu gace ka Murang’a muri Kenya, abaturage bagize ubwoba n’impagarara nyuma y’uko Pasiteri Jimmy Irungu ajyanywe mu bitaro igitaraganya, nyuma yo kugwa igihumure mu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel