26.3 C
Africa
Donderdag, Maart 26, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Pasiteri uri mu bakunzwe cyane mu gihugu yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kugwa igihumure ari gushaka guca agahigo ko guhobera igiti amasaha 80

Mu gace ka Murang’a muri Kenya, abaturage bagize ubwoba n’impagarara nyuma y’uko Pasiteri Jimmy Irungu ajyanywe mu bitaro igitaraganya, nyuma yo kugwa igihumure mu...

Abayobozi bo hejuru ba AFC/M23 bahishuye umubare w’abakomando badasanzwe u Rwanda rwongeye kohereza muri RDC?

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zongeye gushyira u Rwanda mu majwi, zirushinja kugira uruhare rutaziguye mu ntambara ibera mu...

Ihuriro rya AFC/M23-Twirwaneho Ryashyizeho Amabwiriza Mashya Akomeye Cyane ku Baturage Bari mu Bice Rigenzura

Umutwe wa AFC/M23 watangaje amabwiriza mashya akomeye abuza abaturage cyangwa izindi nzego kwigarurira, kugurisha cyangwa guhindura imikoreshereze y’imitungo ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi...

Perezida Trump Yashyizeho Ingwate ihenze ku Barundi Bose Bifuza Kujya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje icyemezo gishya kigiye guhindura bikomeye uburyo abaturage bo mu bihugu bimwe na bimwe by’umwihariko iby’Afurika babona viza yo...
- Advertisement -

RDC: Gen. Kakule Kaputu Yiciwe mu Mirwano hagati y’Imitwe Yitwaje Intwaro ya Wazalendo

Mu mpera z’icyumweru gishize, akarere ka Butembo kahindutse urwibutso rw’imvururu n’amarorerwa, aho umugabo wiyise General witwa Kakule Kaputu, uzwi ku izina rya “Tango Fort,”...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel