27.7 C
Africa
Vrydag, Mei 15, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yarusimbutse nyuma y’uko agabweho igitero gikomeye cyane.

Biravugwa ko Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yarusimbutse nyuma y’uko igisirikare cy’u Burusiya, cyageragezaga kumugabaho igitero gikomeye cyane kigamije kumwica.  Ibi byabaye ku wa Gatatu, tariki...

Burundi: Perezida Evariste Ndayishimiye yahagaritse mu kazi abayobozi babiri abaziza umwanda.

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye, yanyujije umweyo mu mujyi wa Bujumbura anahagarika abayobozi babiri bakomeye muri Leta abaziza umwanda.  Ibi...

Hamenyekanye abakomeye bakomeje kungukira mu ntambara ihanganishije M23 na FARDC n’abambari bayo

Haravugwa ubujura budasanzwe mu buyobozi bw’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, n’Abanyapolitiki bakomeye muri Guverinoma bukomeje gukorerwa mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.  Ni...

M23 nyuma yo kwigarurira agace ka Somikivu gakungahaye ku mabuye y’agaciro ubu ihanganiye na Wazalendo/Fardc i Kibirizi

Kuri uyu wa kane tariki 07 Werurwe 2024, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kibirizi muri Rutshuru hubuye imirwano hagati ya Wazalendo/FARDC...
- Advertisement -

Nyuma yo gufata Nyanzale, M23 ihanganye na FARDC n’abambari bayo biyongereyemo u Burusiya iri gusatira agace ka Somikivu gakungahaye ku mabuye y’agaciro

Nyuma y’uko yigaruriye agace ka Nyanzale kari gasanzwe kagenzurwa n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo hamwe n’abo bafatanyije urugamba, ubu M23 ikataje yerekeza...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel