32.7 C
Africa
Donderdag, Maart 26, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

“Nasabye Imana umuntu uzankunda impa Michael” — Miss Naomi yishimira umwaka umwe w’urukundo n’isezerano ry’akarundura

  Nyampinga w’u Rwanda wa 2020, Nishimwe Naomi, yahishuye ko anyuzwe byimazeyo n’umugabo we Michael Tesfay, agaragaza ko umwaka umwe bamaze basezeranye imbere y’amategeko wamubereye...

“Umupasiteri agomba kuba nk’umusifuzi” — Pastor Bugembe avuga ku ruhare rw’abapasiteri muri politiki

  Umuyobozi w’Itorero Nansana House of Prayer, Pastor Wilson Bugembe, yasabye abayobozi b’amadini kwirinda kwivanga muri politiki, abashishikariza kuguma hagati no kudashyigikira ku mugaragaro abakandida...

“N’igihe amakuru akomeye ari hanze, sinatinya gushyira hanze umuziki wanjye” — Alyn Sano ashimangira ubutwari bwe

  Umuhanzikazi Alyn Sano yatangaje ko adashyira umutima ku mpungenge zo gutinya gusohora igihangano cye bitewe n’uko hari andi makuru ari kwigarurira imitwe y’itangazamakuru, ashimangira...

Aya marira ninde uzayaduhoza? Abaturage barenga 100 ba RDC bapfiriye mu Burundi mu buryo bwazamuye imbamutima za benshi.

Mu byumweru bibiri bishize, inkambi z’impunzi zo mu gihugu cy’u Burundi zahindutse ahantu h’akababaro gakomeye, aho Abanye-Congo barenga 100 bamaze kuhagwa bazize ubuzima bubi,...
- Advertisement -

“Ingabo za Uganda Zashobora Kunesha iza Amerika ku Ntambara yo ku Butaka”: Perezida Museveni wariye karungu yakanguye Abanyafurika

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje amagambo akomeye akomeje gukurura impaka mu ruhando mpuzamahanga, aho yavuze ko mu gihe intambara yaba igarukiye gusa...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel