32.7 C
Africa
Donderdag, Maart 26, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

CAN 2025: Lumumba, Umufana wa RDC Wahindutse Ikimenyabose cya Afurika Yasezerewe mu Marira mu gihe Algeria na Côte d’Ivoire Zakomeje Urugendo

Mu gihe Igikombe cya Afurika cya 2025 gikomeje kubera muri Maroc, irushanwa ntiryahaye abafana ibyishimo by’imikino myiza gusa, ahubwo ryanahinduye inkuru z’abantu ku giti...

Kasuku arakizeye inkunga y’amafaranga ya Museveni nubwo atayihawe muri State House

  Umunyamakuru w’imyidagaduro akaba n’umunyamakuru wa YouTube, Kasuku, yatangaje ko agifite icyizere cy’uko umunsi umwe azabona amahirwe yo guhura imbonankubone na Perezida wa Uganda, Yoweri...

RDC: Abaturage bariye karungu nyuma y’ihamagazwa ry’umusirikare wavuze ku bayobozi bakekwaho gufasha umutwe wa Mobondo

Mu bice bitandukanye by’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byibasiwe n’ibikorwa by’inyeshyamba za Mobondo, haravugwa umujinya n’impungenge bikomeje kwiyongera mu baturage nyuma y’ihamagazwa...

Bishwe bataranatangira akazi: Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe na Perezida Ndayishimiye muri RDC bahasize ubuzima bataranatangira inshingano zabo.

Amakuru akomeje guturuka mu nzego z’umutekano n’abantu bakurikirana bya hafi ibikorwa bya gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aragaragaza isura ikomeye kandi...
- Advertisement -

Ikamyo enye zuzuye amabuye y’agaciro ya Perezida Ndayishimiye zafashwe nyuma yo kugwa mu gico cyateguwe neza

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru mashya aturuka mu nzego zitandukanye z’umutekano agaragaza ko...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel