25.6 C
Africa
Saterdag, Maart 28, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Masisi yongeye kuba indiri y’imirwano ikaze: AFC/M23 ihanganye na FARDC na Wazalendo, abaturage bahunga ku bwinshi

Teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yongeye kwibona mu mwijima w’intambara ikaze, aho imirwano ikomeye yadutse mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Perezida Maduro wafatiwe mu buriri yagejejwe muri Amerika: Ifatwa rye rihindura amateka ya Venezuela, Isi igabanyijemo ibice

Mu gitondo cyo ku wa 3 Mutarama 2025, Perezida wa Venezuela Nicolás Maduro yavuye ku butegetsi atabizi, ava no mu gihugu cye atabishaka. Yafatiwe...

Avoka igizwe inkingi nshya y’ubukungu: U Burundi buvuga ko ikibazo cya peteroli kizaba amateka bitarenze 2030 bubikesha Avoka

Ubuyobozi bw’u Burundi bwatangaje ko bwahisemo guteza imbere ubuhinzi bwa avoka nk’umuti urambye wo gukemura ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri peteroli n’amadevize, ikibazo kimaze imyaka...

Sheilah Gashumba yahagurukiye abatukana ku mbuga nkoranyambaga, atangaza ko agiye kubageza mu nkiko

  Umunyamideli n’umunyamakuru w’ibyamamare muri Uganda, Sheilah Gashumba, yatangaje ko atazongera kwihanganira abantu bamwibasira cyangwa bamusebya ku mbuga nkoranyambaga, ashimangira ko agiye gutangira gukoresha amategeko...
- Advertisement -

Kera kabaye, u Burundi bwakomoje ku gufungura imipaka ibuhuza n’u Rwanda

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Révérien Ndikuriyo, yatangaje ko Leta y’u Burundi nta gahunda ifite yo gufungura umupaka uhuza iki...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel