25.6 C
Africa
Sondag, Maart 29, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye aho rikura intwaro karundura zirifasha gutsinda FARDC n’abambari bayo

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryatangaje ko igice kinini cy’intwaro rikoresha ku rugamba rihanganyemo n’igisirikare cya Leta...

Uvira: Intwaro nyinshi ziremereye cyane u Bubiligi bwari bwohereje ku rugamba zafashwe zitaratangira akazi

Umuvugizi Wungirije w’umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Dr. Balinda Oscar, yatangaje ko abarwanyi b’uyu mutwe babonye intwaro...

U Rwanda rwakomoje ku basirikare FARDC yeretse itangazamakuru ibita aba RDF bafatiwe ku rugamba. Amafoto

Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwamagana ibitangazwa n’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyerekanye abantu kivuga ko ari abasirikare b’u Rwanda (RDF) bafatiwe...

Amakuru Mashya: Amerika Ifashe Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro n’Umugore We mu Bitero Byihariye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika yafashe Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, n’umugore we Cilia Flores. Trump...
- Advertisement -

Yampano mu bihe bikomeye, aciye amarenga ku iherezo ry’umubano we, nyuma y’andi mashusho yagize hanze

  Nyuma y’iminsi agarukwaho mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagiye hanze ari gutera akabariro n’umukunzi we, umuhanzi Yampano yongeye kugarukwaho nyuma y’andi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel