30.6 C
Africa
Sondag, Maart 29, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Batarahurira ku rubyiniro rwa BK Arena, The Ben na Bruce Melodie babanje guhurira mu masengesho

  Abahanzi babiri bakomeye mu muziki nyarwanda, The Ben na Bruce Melodie, bahisemo gutangirira umwaka wa 2026 mu nzu y’Imana, bashyira imbere amasengesho mbere yo...

Kevin Kade yakoze igitaramo cy’amateka, ashimira byimazeyo ababyeyi bamubereye inkingi ya mwamba

    Umuhanzi Richard Ngabo wamamaye ku izina rya Kevin Kade yakoze igitaramo cy’amateka, cyagaragaje urwego amaze kugeraho mu muziki nyarwanda, anashimira byimazeyo ababyeyi be bamushyigikiye...

Asake yanyanyagije amafaranga mu mihanda ya Ghana, ibyo atakwemererwa gukorera i Kigali

  Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nigeria, Asake, yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara mu mihanda ya Ghana anyanyagiza amafaranga mu bafana, mbere yo...

Amasaha ya nyuma ya 2025: Uvira ihanzwe amaso na FARDC n’abambari bazo, drones n’ingabo z’amahanga mu mukino uteye inkeke

Mu gihe hasigaye amasaha make ngo umwaka wa 2025 urangire, Umujyi wa Uvira n’ibice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bikomeje kuba indiri y’igitutu...
- Advertisement -

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel