36 C
Africa
Sondag, Maart 29, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

“Ugasanga nk’akana k’agakobwa kegereye nka Tito gatangiye kumubwira gati ‘chouchou’ nari ngukumbuye”: Depite Kanamugire

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kubaka ejo hazaza harangwa n’abayobozi bafite indangagaciro, ikibazo cy’imyitwarire y’urubyiruko gikomeje kuba ingingo igarukwaho n’abayobozi n’impuguke...

RDC: Menya amakosa akomeye cyane Ingabo z’u Burundi zakoze mu ntambara yahaye AFC/M23 icyuho cy’intsinzi muri 2025.

Mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mwaka wa 2025, Ingabo z’u Burundi zari mu zikomeye zoherejwe gufasha Leta...

2025: Umwaka wahinduye isura y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, AFC/M23 igira ijambo ku butaka buruta ubw’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...

Perezida Tinubu yihanganishije Anthony Joshua ku rupfu rubabaje rw’inshuti ze ebyiri

  Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje agahinda n’akababaro yatewe n’urupfu rw’inshuti ebyiri z’icyamamare mu mukino w’iteramakofi, Anthony Joshua, zapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabaye...
- Advertisement -

2025, Umwaka w’ihindagurika rikomeye mu myidagaduro y’u Rwanda

  Umwaka wa 2025 ugiye kugera ku musozo wasize ushimangiye ko imyidagaduro nyarwanda ikomeje gutera imbere, igaragaramo ibyishimo, impaka, inkuru z’urukundo n’izababaje benshi. Ku byamamare,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel