25.7 C
Africa
Sondag, Maart 29, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

“Iyi ntambara turi hafi kuyitsinda” – Gen. Makenga asaba abayoboke ba AFC/M23 kudacika intege no gukomeza kwitanga.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ihuriro AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko intambara barimo kurwana n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igeze mu cyiciro gikomeye,...

Amagambo ya Gen. Sylvain Ekenge yibasira Abatutsi akomeje guteza impaka, nyuma yuko yatangiye kugira ingaruka zikomeye.

Mu cyumweru gishize, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kugerwaho n’impaka zikomeye zishingiye ku magambo yavuzwe n’Umuvugizi w’Ingabo za FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge...

Intambara yo muri RDC yahyize igisirikare cy’u Burundi mu mazi abira, Leta ihita ifungira inzira abasirikare batoroka.

Guverinoma y’u Burundi yafashe ingamba zikakaye zo kugenzura no kugabanya umubare w’abasirikare b’igihugu batoroka igisirikare bagahungira mu mahanga, mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba...

Intambara yahinduye isura: Ingabo za Ukraine zagabye igitero simusiga ku rugo rwa Perezida Putin nyuma yuko u Burusiya Moscow bwigaruriye uduce 32

Intambara imaze imyaka hafi itatu ihanganishije u Burusiya na Ukraine yongeye gufata indi ntera, nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, atangaje...
- Advertisement -

Spice Diana yatunguye benshi atangaza ibyo nyina wa Fik Fameica yamusabye mbere y’urupfu

  Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda, Spice Diana, yatunguye benshi ubwo yasangizaga abantu amakuru yihariye ku bucuti afitanye na Fik Fameica, anagaruka ku byifuzo bya nyuma...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel