28.4 C
Africa
Woensdag, April 1, 2026

Breaking news:

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano muke...

Bujumbura: Minisitiri Olivier Nduhungirehe yamaganye “gukoresha abantu barwanya umuryango wabo” nyuma y’uruzinduko rw’Abanyamulenge

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier J.P. Nduhungirehe, yatangaje amagambo akomeye anenga ibikorwa yise “gukoresha abantu barwanya umuryango wabo,” mu magambo yatangarije ku...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

“Ntabwo twari twabuze ahandi tujya” – Khalifan na Oxygen basubije abakomeje kubasebya ku nzu bakoresheje barimo kwirega

    Umuraperi Khalifan Govinda n’umuhanzikazi Oxygen batangaje ko bababajwe cyane n’amagambo yuzuyemo gusebanya n’agasuzuguro bakomeje kubona ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gushyira hanze amafoto y’ibirori...

Djihad ahakana ibyaha aregwa mu bujurire, umwanzuro w’urukiko utegerejwe ku wa 5 Mutarama

  Urukiko rw’Isumbuye rwa Nyarugenge rwatangaje ko ku wa 5 Mutarama 2026 ari bwo ruzasoma umwanzuro wa nyuma ku bujurire bw’abaregwa mu rubanza rujyanye no...

FARDC yitandukanyije n’imvugo zibiba urwango: Gen. Sylvain Ekenge wari Umuvugizi w’Ingabo ahabwa igihano cyazamuye impaka

Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bwatangaje ku mugaragaro ko butemera kandi bwamaganye amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen....

RDC: Iyicwa ry’umunyamakuru wa RTNC wishwe mu buryo bubabaje cyane ryateje urujijo ryongera kuzamura impungenge

Umujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’Intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wongeye kwisanga mu gahinda n’ubwoba nyuma y’urupfu rubabaje rw’umunyamakuru Thierry...
- Advertisement -

Isuzumamikorere rya REB rihinduye imiyoborere y’amashuri: Abayobozi 890 b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye bavanwe mu nshingano bagirwa abarimu.

Isuzumamikorere ryimbitse ryakorewe abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Rwanda ryagaragaje icyuho gikomeye mu miyoborere y’amashuri amwe n’amwe, bituma abayobozi 890 muri 5277 basuzumwe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel