32.6 C
Africa
Dinsdag, April 7, 2026

Breaking news:

FARDC n’ingabo z’u Burundi zirashinjwa gukomeza ibitero no gusahura mu baturage b’Abanyamulenge i Ndondo

Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Ndondo, kari muri grupema ya Bijombo mu teritwari ya Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo, arerekana ko umutekano ukomeje kuzamba...

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Burundi: Imvugo ikomeye ya Minisitiri w’Imari yatumye benshi bacika ururondogoro bamwe bagira ubwoba.

Mu gihe u Burundi buri mu bihe bikomeye by’ivugururwa ry’imicungire y’ingengo y’imari no gushaka kwigira mu bukungu, amagambo akomeye ya Minisitiri w’Imari, Dr. Alain...

FARDC mu rugamba rwo kwisubiza Uvira: Imirwano ikaze, drones n’indege z’intambara byongeye kuvuza ubuhuha

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyinjiye mu cyiciro gishya cy’intambara gikomeje kurangwa n’imirwano ikaze mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho cyatangaje...

Ibyari ibyishimo byahindutse amarira n’amaraso, umukobwa ukora uburaya byamukozeho

  Ibyari byatangiye nk’igihe cy’ibyishimo byahindutse ishyano n’amarira ku mukobwa ukekwaho gukora uburaya mu mujyi wa Sekondi, nyuma yo gukubitwa bikabije n’umugabo wari wamugannye ashaka...

Ntibisanzwe!Joshua Baraka mu mushinga umwe na French Montana

  Umuhanzi w’Umunya-Uganda Joshua Baraka akomeje kwandika amateka mashya mu muziki wa Afurika, nyuma y’uko umunyabigwi ku rwego mpuzamahanga French Montana yemeje ko bagiye gukorana...
- Advertisement -

Bebe Cool ateganya ko umuziki wa Uganda uzasubirana ubukaka nyuma y’ amatora

  Mu gihe Uganda yitegura amatora rusange ateganyijwe ku wa 15 Mutarama 2026, umuhanzi ukomeye Bebe Cool yatangaje ko afite icyizere gikomeye cy’uko umuziki w’iki...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel