37 C
Africa
Sondag, April 12, 2026

Breaking news:

Minembwe: MRDP-Twirwaneho igabye igitero gitunguranye i Gakenke, FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bahunga mu kajagari

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 6 Mata 2026, imirwano ikomeye yamaze igihe gito yabereye mu misozi miremire y’i Mulenge, mu gace...

Uko Perezida wa Afurika Yunze Ubumwe Évariste Ndayishimiye akomeje gutegura umugambi wo kurimbura Banyamulenge

Mu gihe Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe usabwa kuba isoko y’ubwiyunge, amahoro n’ubwumvikane ku mugabane, hari ibikorwa n’imvugo bikomeje gushyira mu majwi imikorere ya...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Asize Igihombo gikomeye: Lt. Col Patrice Manirakiza wari wakomerekeye ku rugamba ahanganye na AFC/M23 yapfuye

Lieutenant-Colonel Patrice Manirakiza, wari uyoboye Batayo ya 18 y’ingabo z’u Burundi zari zaroherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yapfuye kuri...

Mu muziki nta kintu cy’ ubuntu_Kin Bella avuga ku gitutu cy’igitsina n’uruhare rwa ‘sugar daddy’ mu rugendo rwo kumenyekana

  Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Kin Bella yatangaje amagambo akomeye agaragaza uko inganda z’umuziki ziba ziteye, avuga ko abahanzi benshi bashya basabwa kwemera igitutu kijyanye n’igitsina cyangwa...

Nubwo ari Umunsi w’Ibyishimo kuri Benshi, Nugera aha Hantu 10 Ntuzigere Wizihiza Noheli kuko Ifatwa Nk’Ikizira Gikomeye.

Buri mwaka tariki ya 25 Ukuboza, isi yose ihinduka mu isura n’umwimerere. Mu bihugu byinshi by’Isi, by’umwihariko mu Burayi, Amerika, Afurika n’ahandi henshi, Noheli...

FARDC n’abambari bayo bakubiswe iz’akabwana na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho bayabangira ingata. Inyungu Amerika ibifitemo zamenyekanye.

Imirwano ikaze ihanganishije ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Ukuboza...
- Advertisement -

Biteye agahinda: Abantu Barenga 20 Biciwe mu Buryo bwa Kinyamaswa ku Mupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

 Umujyi wa Kasumbalesa, uherereye ku mupaka uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na Zambia, uri mu bihe bikomeye by’agahinda n’ubwoba nyuma y’aho hamenyekanye...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel