31.2 C
Africa
Dinsdag, April 14, 2026

Breaking news:

Minembwe: MRDP-Twirwaneho igabye igitero gitunguranye i Gakenke, FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bahunga mu kajagari

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 6 Mata 2026, imirwano ikomeye yamaze igihe gito yabereye mu misozi miremire y’i Mulenge, mu gace...

Uko Perezida wa Afurika Yunze Ubumwe Évariste Ndayishimiye akomeje gutegura umugambi wo kurimbura Banyamulenge

Mu gihe Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe usabwa kuba isoko y’ubwiyunge, amahoro n’ubwumvikane ku mugabane, hari ibikorwa n’imvugo bikomeje gushyira mu majwi imikorere ya...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Yari akwiye kurokora ubuzima bw’ abenshi, ahinduka umwicanyi_ Doctor Death yakatiwe igifungo cya burundu azira kuroga abarwayi

  Uwahoze ari umuganga w’inzobere mu gutera ibinya (anaesthetist), Frédéric Péchier, w’imyaka 53, yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kuroga ku bushake...

Israel Mbonyi yifuza gutaramira i Goma igenzurwa na M23

  Umuhanzi ppw’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yatangaje ko afite inzozi zikomeye zo gukorera ibitaramo mu gihugu cye cy’amavuko, Repubulika Iharanira Demokarasi...

U Bushinwa burasaba ko MONUSCO igumana ubwigenge bwayo, ntikoreshwe mu mikino ya politiki

Kongera manda y’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) byongeye gukurura impaka ndende mu Kanama ka Loni gashinzwe...

Bruce Melodie ku isonga mu bahanzi Minisitiri Nduhungirehe yumvise cyane mu 2025

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashyize ahagaragara urutonde rw’abahanzi n’indirimbo yumvise kandi akunda cyane mu mwaka wa 2025, abinyujije ku...
- Advertisement -

“Turi muri Congo ariko bavuga ko twatahutse”: Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC baraburira ku mugambi mubisha w’ibyo Leta ishaka ko bakora

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi bukomeje gutangaza ku mugaragaro ko bwacyuye ingabo zabwo zari zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka imbere...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel