27.7 C
Africa
Donderdag, Januarie 15, 2026
HomeImyidagaduroImyambarire yavugishije benshi ihagarika igitaramo cya Winnie Wa Mummy abafana basigara mu...

Imyambarire yavugishije benshi ihagarika igitaramo cya Winnie Wa Mummy abafana basigara mu rungabangabo

Date:

Related stories

Nyuma y’imyaka 7, umutima wanjye uracyazi aho ukwiriye kuba – Adekunle Gold ataka Simi

  Abahanzi b’Abanyanigeria Simi na Adekunle Gold bamaze imyaka irindwi...

Desola Afod yikomye abamushinja gusuzugura umugabo we, avuga ko atazisobanura ku magambo y’abantu

  Desola Afod, umugore w’umukinnyi wa filime muri Nollywood Kunle...

Impamvu umugore ufite indangagaciro zo hejuru abaho mu mahoro n’icyizere

  Abahanga mu mitekerereze n’imibanire y’abantu bemeza ko buri wese...

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri, ahamya ko kwiga bitagira iherezo

  Umuhanzi w’Umunya-Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje ko yafashe icyemezo gikomeye...
spot_imgspot_img

 

Umuhanzikazi Winnie Wa Mummy, amazina ye nyakuri Winnie Nakafeero, yagize ibihe bibi cyane mu gitaramo cya CBS FM Enkuuka Bwaguugwa, ubwo yajyaga ku rubyiniro agahita akurwaho imbura gihe , bitera impaka mu bitabiriye igitaramo.

Winnie Wa Mummy yari yageze ku rubyiniro aje gufatanya na Mudra mu ndirimbo bakoranye. Indirimbo itangiye, amajwi yahise acika, Mudra akomeza gususurutsa imbaga y’abafana wenyine.

Mu gihe Winnie yari ategereje ko amajwi agaruka, abategura igitaramo bazanye ikote rirerire ry’umukara, bamusaba kuryambara. Nyuma y’igihe gito, yahise asabwa kuva ku rubyiniro burundu, mu byavuzwe ko byatewe n’imyambarire ye yavuzwe ko idakwiye, cyane cyane ko Nyiricyubahiro Umwami wa Buganda, Kabaka Ronald Mwenda Mutebi II, yari akiri aho igitaramo cyabereye.

Iyi yari inshuro ya kabiri Winnie Wa Mummy agaragaye mu gitaramo cya Enkuuka cya CBS FM, cyakora, bitandukanye n’uburyo yari yaritwaye mu mu cyatambutse kuko icyo gihe yari yashimishije abacyitabiriye.

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here