27.7 C
Africa
Donderdag, Januarie 15, 2026
HomeImyidagaduroIsrael Mbonyi yifuza gutaramira i Goma igenzurwa na M23

Israel Mbonyi yifuza gutaramira i Goma igenzurwa na M23

Date:

Related stories

Nyuma y’imyaka 7, umutima wanjye uracyazi aho ukwiriye kuba – Adekunle Gold ataka Simi

  Abahanzi b’Abanyanigeria Simi na Adekunle Gold bamaze imyaka irindwi...

Desola Afod yikomye abamushinja gusuzugura umugabo we, avuga ko atazisobanura ku magambo y’abantu

  Desola Afod, umugore w’umukinnyi wa filime muri Nollywood Kunle...

Impamvu umugore ufite indangagaciro zo hejuru abaho mu mahoro n’icyizere

  Abahanga mu mitekerereze n’imibanire y’abantu bemeza ko buri wese...

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri, ahamya ko kwiga bitagira iherezo

  Umuhanzi w’Umunya-Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje ko yafashe icyemezo gikomeye...
spot_imgspot_img

 

Umuhanzi ppw’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yatangaje ko afite inzozi zikomeye zo gukorera ibitaramo mu gihugu cye cy’amavuko, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, by’umwihariko mu mujyi wa Goma, ugenzurwa n’umutwe wa AFC/M23.

Mu kiganiro na MIE EMPIRE, Mbonyi yavuze ko kuba atarigeze akorera ibitaramo mu gihugu cye atari ikibazo cye bwite, ahubwo biterwa n’uko atarigeze abona uburyo bwo kubishyira mu bikorwa. Yagize ati:”Negereje ko bikoma gato… nta natekereje kabiri nzahita nambuka.”

Israel Mbonyi kandi yahishuye ko mu bice yifuza gukoreramo ibi bitaramo harimo Goma, umujyi ugenzurwa na AFC/M23 guhera muri Mutarama uyu mwaka, Bukavu, ndetse na Minembwe.

Uyu muhanzi yavuze ko ari umukunzi ukomeye w’Abarwanyi b’impunduramatwara ba AFC/M23, aho yavuze ko ajya abasengera mu rugendo barimo rwo kubohora ubwoko bw’Imana.

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here