Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda akaba n’umuyobozi wa Gagamel Crew, Bebe Cool, yatangaje ko ari gutegura album nshya yise ‘Broken Chains’, izakurikirana ‘Break The Chains’...
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye ku izina rya The Ben yatangaje ko yatumiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame mu gitaramo cye gisoza...
Abahanzikazi bakora injyana ya Hip Hop mu Rwanda, Young Grace na Fifi Raya, bagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma yo gutaramira abakunzi b’iyi njyana mu gitaramo...