25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsCongo

Tag: Congo

spot_img

AFC/M23 Ishinja Kinshasa Guhindura Amasezerano ya Doha Intwaro yo Kwiyubaka no Gukomeza Intambara

Mu gihe icyizere cy’amahoro cyari cyatangiye kugaragara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko Leta...

Amasaha ya nyuma ya 2025: Uvira ihanzwe amaso na FARDC n’abambari bazo, drones n’ingabo z’amahanga mu mukino uteye inkeke

Mu gihe hasigaye amasaha make ngo umwaka wa 2025 urangire, Umujyi wa Uvira n’ibice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bikomeje kuba indiri y’igitutu...

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

RDC mu marira n’icuraburindi: Ibisasu 150 biremereye cyane byarashwe n’Ingabo z’u Burundi kuri AFC/M23 byahitanye benshi, binasenya ibikorwaremezo

Santere ya Kamanyola, iherereye muri Teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwinjira mu mateka mabi...

Makobola mu Mwijima: Abarwanyi ba FARDC na Wazalendo Basahuye Ikigo Nderabuzima Nyuma yo Gusubiranamo, Banakorera Abaturage Ibya Kinyamaswa

Makobola, umujyi uherereye mu gace ka Babungwe ya Ruguru muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wongeye kwinjira mu bihe by’akababaro n’ubwoba...

Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi bahiye ubwoba bwinshi cyane bakimara kubona intwaro idasanzwe y’ingabo z’u Rwanda batari bazi ko zifite

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari kakomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano muke, amagambo akakaye n’imyitwarire ya gisirikare, hari ikintu gishya cyatumye impungenge z’abayobozi bo mu...

Goma: Hateguwe imyigaragambyo karundura isaba ko ingabo z’u Rwanda na AFC/M23 bava mu bice bafashe muri RDC?

Mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, hakomeje kwiyongera igitutu cy’abaturage basaba amahoro arambye n’ihagarikwa ry’intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img