Kenny Sol yatangaje ko atemeranya n’abakomeje kuvuga ko Bruce Melodie na The Ben ari bo bihangange cyangwa abayoboye umuziki w’u Rwanda, ashimangira ko uruganda...
Imirwano ikaze ihanganishije ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Ukuboza...
Umujyi wa Kasumbalesa, uherereye ku mupaka uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na Zambia, uri mu bihe bikomeye by’agahinda n’ubwoba nyuma y’aho hamenyekanye...
Mu gihe umutekano w’intara ya Kivu y’Amajyepfo ukomeje kuba ikibazo gikomeye, amakuru mashya aturuka muri teritwari ya Fizi aravuga ko mu gace ka Kwa...
Mu minsi ishize, amagambo y’umuyobozi w’Akarere ka 22 ka Gisirikare k’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Général Eddy Kapend, yateje impaka zikomeye...