39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsGoma

Tag: Goma

spot_img

Gen. Makenga wa AFC/M23 wujuje imyaka 52 yahaye FARDC “Noheli” mbere yo kwizihiza isabukuru y’amavuko

Mu gihe Abakirisitu benshi bari binjiye mu byishimo bya Noheli, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), intambara yongeye gufata indi ntera....

Uwahoze ari Minisitiri w’u Burundi wabusabye kumvikana n’u Rwanda yahuye n’uruva gusenya

Mu gihe umwuka mubi ukomeje kuzamuka hagati y’u Burundi n’u Rwanda, ibitekerezo bitandukanye ku cyakorwa ngo hakumirwe intambara bikomeje kuvugwa mu nzego zitandukanye. Ariko uko...

Israel Mbonyi yifuza gutaramira i Goma igenzurwa na M23

  Umuhanzi ppw’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, yatangaje ko afite inzozi zikomeye zo gukorera ibitaramo mu gihugu cye cy’amavuko, Repubulika Iharanira Demokarasi...

Abarwanyi ba AFC/M23 batangiye gukoresha intwaro nshya idasanzwe ku rugamba yakanze FARDC n’abambari ba yo, imirwano irushaho gufata indi sura

Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...

Brigade yihariye y’abasirikare ba RDF yasoje imyitozo ityaye yatumye u Burundi butekereza kabiri ku gushoza intambara ku Rwanda. Amafoto

Mu gihe umutekano wo mu Karere k’Ibiyaga Bigari ukomeje kujya mu rujijo bitewe n’intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

FDLR yaciye amarenga yo kugaba ibitero ku butaka bw’u Rwanda. Kuyobya uburari n’ubwicanyi bukomeje gukorerwa muri Kivu?

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kwibasirwa n’umutekano mucye n’intambara z’urudaca zimaze imyaka myinshi zihitana ubuzima bw’abaturage b’inzirakarengane, umutwe w’iterabwoba wa FDLR wongeye kugaruka...

Yatashye yimyiza imoso: Perezida Tshisekedi yimwwe ijambo mu nama idasanzwe mpuzamahana kubera amadeni ya Miliyoni 48$

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye bya dipolomasi ku rwego rw’akarere, nyuma yo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img