32.8 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsHat

Tag: hat

spot_img

Noheli yari iya kera! Impumeko y’Abanya-Kigali kuri Noheli ya 125 mu Rwanda yasize ishusho itandukanye n’iyo bari basanzwe bamenyereye.

Umunsi mukuru wa Noheli usanzwe ufatwa nk’igihe cy’ibyishimo, gusangira n’imiryango, gusohokera ahantu hatandukanye no kugura byinshi, ariko kuri benshi mu Banya-Kigali, Noheli y’uyu mwaka...

Ukuri ku cyihishe inyuma y’itabwa muri yombi rya Gen. Padiri Muhizi wa FARDC rikomeje guteza impaka n’ibibazo byinshi mu nzego za gisirikare

Itabwa muri yombi rya General Major Padiri Muhizi Jonas, Komanda w’Akarere ka 11 ka Gisirikare ka FARDC, rikomeje guteza impaka n’ibibazo byinshi mu nzego...

RDC: FARDC yarasanye n’undi mutwe utari AFC/M23 mu mirwano ikaze cyane yaguyemo benshi hanakomereka benshi, abaturage bahungira ku ngabo za Uganda.

Intara ya Ituri yongeye kuba isibaniro ry’imirwano ikaze hagati y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi b’umutwe wa Convention pour la Révolution...

Noheli y’Amahoro mu Minembwe: Abanyamulenge Bongeye Guhumeka Nyuma y’Imyaka Myinshi y’Intambara n’Agahinda.

Mu misozi miremire ya Mulenge, ahazwi nka Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa 25 Ukuboza 2025 handitswe amateka mashya atari asanzwe. Ku nshuro...

Eddy Kenzo ni icyamamare, ariko impano ya Mowzey Radio iramuruta – Jonathan Nalebo

  Jonathan Nalebo, wahoze ari umusesenguzi w’umuziki ubu akaba ari umuvugabutumwa, yatangaje ko nubwo Eddy Kenzo ari umwe mu bahanzi ba Uganda begukanye ibihembo byinshi...

FARDC n’abambari bayo bakubiswe iz’akabwana na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho bayabangira ingata. Inyungu Amerika ibifitemo zamenyekanye.

Imirwano ikaze ihanganishije ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Ukuboza...

Biteye agahinda: Abantu Barenga 20 Biciwe mu Buryo bwa Kinyamaswa ku Mupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

 Umujyi wa Kasumbalesa, uherereye ku mupaka uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na Zambia, uri mu bihe bikomeye by’agahinda n’ubwoba nyuma y’aho hamenyekanye...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img