33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsIhohoterwa rishingiye ku gitsina

Tag: Ihohoterwa rishingiye ku gitsina

spot_img

Fizi: FARDC n’Abambari bayo barasanye bikomeye na AFC/M23, Abaturage bakorerwa ibya kinyamaswa.

Mu gitondo cyo kuri uyu munsi, tariki ya 31 Ukuboza 2025, imirwano ikomeye yongeye gusubira mu misozi ya teritware ya Fizi, aho igisirikare cya...

Makobola mu Mwijima: Abarwanyi ba FARDC na Wazalendo Basahuye Ikigo Nderabuzima Nyuma yo Gusubiranamo, Banakorera Abaturage Ibya Kinyamaswa

Makobola, umujyi uherereye mu gace ka Babungwe ya Ruguru muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wongeye kwinjira mu bihe by’akababaro n’ubwoba...

Umusirikare wa FARDC yasambanyije ku ngufu umubyeyi wari umaze igihe gito abyaye anambura amafaranga umuforomo wari uri kumufasha.

Amakuru yizewe aturuka muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko habaye igikorwa...

Sheilah Gashumba yibajije impamvu Polisi ya Uganda ihiga abari kuri TikTok aho guhiga abagizi ba nabi

  Sheilah Gashumba, umwe mu banyamideli n’abanyamakuru b’imyidagaduro bakunzwe cyane muri Uganda, yagaragaje umujinya n’ukutishimira imikorere ya Polisi ya Uganda, ayisaba kureka kwivanga mu makimbirane...

Imbere y’Inama y’Umutekano ya Loni, MSF yamaganye ihohoterwa rishingiye ku gitsina rifatwa nk’ibisanzwe mu Burasirazuba bwa RDC

Imbere y’Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye (Loni), ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza 2025, Umuryango wita ku buvuzi bwihutirwa, Médecins Sans Frontières (MSF), wagaragaje...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img