Umugabo witwa Adeniyi Mobolaji Kayode, wari usanzwe ari umushoferi w’icyamamare mu iteramakofe Anthony Joshua, agiye kuryozwa n’ubutabera ku byaha ashinjwa byakomotse ku mpanuka y’imodoka...
Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje agahinda n’akababaro yatewe n’urupfu rw’inshuti ebyiri z’icyamamare mu mukino w’iteramakofi, Anthony Joshua, zapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabaye...
Icyamamare ku rwego mpuzamahanga mu mukino w’iteramakofi, Anthony Joshua, yakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Nigeria, igahitana abantu babiri, nk’uko byemejwe na Polisi yo...
Mu gihe Abakirisitu Gatolika bateraniye mu misa ibanziriza Noheli, i Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga, Umuyobozi w’Inama y’Abepisikopi Gatolika ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Umutekano wongeye guhungabana mu gace ka Rutshuru nyuma y’uko abarwanyi ba Wazalendo bagabye igitero ku ngabo za AFC/M23 zari ku burinzi ku muhanda munini...
Imirwano ikaze ihanganishije ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Ukuboza...